Abaturage bazi n’abaturiye amazi azwi nk’amakera mu Karere ka Musanze basanga ari mu byiza nyaburanga, bagasaba ko yabungabungwa kugira ngo atazatakaza umwimerere wayo. “Amakera” ni...
Umuyobozi w’Akarere ka Gatsibo, Gasana Richard, avuga ku kibazo cy’abagabo basambanyije abana bagejejwe mu butabera yavuze ko hari n’abandi bashakishwaga batorotse ariko ngo uko gutoroka...
Umugabo uyobora akarere n’umushoferi we batawe muri yombi mu butayu (ubugaragwa mu Kirundi) bwo mu majyaruguru ya Niger bafite ibiro (kg) birenga 200 by’ikiyobyabwenge cya...
Perezida w’Ubufaransa Emmanuel Macron yaburiye ko ashaka gutuma abadakingiye Covid-19 bo mu Bufaransa bagorwa n’ubuzima. Yabwiye ikinyamakuru Le Parisien cyo mu Bufaransa ati: “Rwose ndashaka...
Ubuyobozi bwIintara y’Amajyepfo bwatangaje ko burimo gukorana bya hafi n’izindi nzego mu gukemura ikibazo cy’imigenderanire hagati y’Akarere ka Muhanga na Gakenke mu Majyaryguru, ni nyuma...
Abagabo bitwaje imbunda bagerageje kwica Minisitiri w’intebe wa Haïti Ariel Henry ubwo ku wa gatandatu yari yitabiriye ibirori byo kwizihiza ubwigenge bw’iki gihugu cyo mu...
Ikigo cy’igihugu cy’ibarurishamibare mu Rwanda (NISR), giherutse gushyira ku mugaragaro ubushakashatsi cyakoze ku mibereho y’abaturage mu mwaka wa 2020-2021, Intara y’Amajyaruguru iza ku isonga mu...
Muri iyi ndirimbo ‘Rukundo rwanjye ruto’ iri kuri album ye nshya, umuhanzikazi Adele yazamuye amarangamutima ya benshi mu bafana be, aho aririmba aganira n’ umuhungu...