Mu kwezi kwa Nyakanga 2024 guhera tariki 14 kugeza 16, mu Rwanda hateganyijwe amotora ya Perezida wa Repubulika n’ay’Abadepite. Itegeko Nshinga ry’u Rwanda rivuga ko...
Leta y’u Rwanda yatangaje ko yamaganye “amagambo rutwitsi kandi atari aya kinyafurika” ivuga ko Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yavugiye i Kinshasa muri DR Congo....
Amatora ya Perezida wa Repubulika n’ay’abadepite 53 batorerwa kuri lisiti y’amazina ndakuka y’abakandida batangwa n’imitwe ya politiki cyangwa biyamamaza ku giti cyabo azaba ku wa...
Perezida Paul Kagame yavuze ko aziyamamaza kuri manda ya kane mu matora ya perezida ateganyijwe kuba mu kwezi kwa Kanama 2024. Yabitangarije mu kiganiro yagiranye...
Depite Frank Habineza yavuze ko amatora ya 2017, DGPR-Green Party yayakuyemo amasomo atandukanye by’umwihariko ngo kuba batari bafite abantu bababahagarariye muri Site z’amatora hirya no...
Dr Frank Habineza wongeye gutorerwa kuba Perezida w’Ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera Ibidukikije {Democratic Green Part}muri manda y’imyaka itanu iri imbere yavuze ko ishyaka ayoboye...