Mu Rwanda hari abarwayi bamara imyaka ibiri batarabagwa
Urugaga rw’Abaganga Babaga mu Rwanda rwerekanye ko ubuke bw’abaganga b’inzobere mu kubaga indwara zitandukanye bukomeje kuba ikibazo gikomeye, bigatuma bamwe mu barwayi batinda kubona serivisi...