Abagabo benshi bitwaje intwaro bibye banki ku manywa y’ihangu mu mujyi wa Naples, mu majyepfo y’Ubutaliyani, banagira abantu 25 ingwate mbere yo gutoroka banyuze mu...
Leta Zunze Ubumwe za Amerika zatangaje impinduka ikomeye muri politiki yazo ku bihugu bitatu byo muri Afurika y’Iburengerazuba bihanganye n’inyeshyamba z’Abayisilamu, kandi bifite za guverinoma...
Mu gisa no gukosora ibyavuzwe na Minisitiri we w’ububanyi n’amahanga, Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yatangaje ko igihugu cye ‘igihe cyose cyashimiye ‘uruhare rw’ingenzi’ rwa...
Minisiteri y’ibidukikije n’ubukerarugendo ya Namibia yavuze ko imbogo zirenga 80 zapfuye nyuma yuko zikandagiranye zikarohama mu ruzi. Mu itangazo yasohoye, iyo minisiteri yongeyeho ko izo...
Perezida w’Amerika Donald Trump yanze umugambi wa Israel wo kwica umutegetsi w’ikirenga wa Iran Ayatollah Ali Khamenei, nk’uko abakozi batatu bo hejuru mu butegetsi bwa Amerika...
Leta y’Amerika yemereye abimukira bari muri icyo gihugu mu buryo bunyuranyije n’amategeko amadolari 1,000 (angana na miliyoni 1,4FRW) kuri buri muntu, ndetse ikabarihira urugendo mu...
Leta ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo yatangaje ko igiye gukurikirana mu bucamanza Joseph Kabila wahoze ari Perezida, ashinjwa “ubugambanyi bwo ku rwego rwo hejuru...