Donald Trump wahoze ari perezida wa Amerika mu cyumweru gitaha azagezwa mu rukiko aregwa kwishyura umukinnyi wa ‘porn’ ngo aceceke mbere gato y’amatora ya perezida...
Mu karere ka Burera hari abaturage bo mu Murenge wa Kagogo, bavuga ko batanze imisanzu yo kubaka ibyumba by’amashuri, none hashize imyaka itanu uwo mushinga...
Hari abahinzi b’icyayi bakorana na sosiyete SCON mu Karere ka Nyaruguru bavuga ko barimo gusabwa kwishyura amafaranga y’umurengera ku nguzanyo bahawe ngo batangire guhingira icyayi...
Raporo nshya ya leta ya Somalia n’umuryango w’abibumbye (ONU/UN) ivuga ko abantu bagera ku 43,000 bashobora kuba barapfuye muri Somalia mu mwaka ushize, nyuma yuko...
Kuri uyu wa mbere henshi muri Kenya hitezwe imyigaragambyo ikomeye yateguwe na Raila Odinga urwanya ubutegetsi urimo kwamagana leta ya Perezida William Ruto. Odinga avuga...