Twitter yahagaritse konti bwite ya Depite wo muri Amerika Marjorie Taylor Greene kubera gukomeza guhonyora amategeko yayo abuza gukwirakwiza ku bushake amakuru atari ukuri kuri...
Abatuye mu Mirenge y’Akarere ka Rubavu ikora ku mupaka w’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bavuze ko bashimira uko umutekano ubungabunzwe iwabo bakaba...
Perezida wa Repubulika  Paul Kagame akaba n’umugaba w’ikirenga z’ingabo z’u Rwanda,yashimiye ingabo z’igihugu n’abandi bagize inzego z’umutekano umurava n’ubwitange byabaranze mu bijyanye no kurinda no kurengera...
Abanyeshuri batandatu bigaga mu ishuri rya ESECOM Rusano riherereye mu Murenge wa Hindiro mu Karere ka Ngororero, bari bakurikiranyweho ibyaha bakoze ubwo batwikaga ibikoresho by’ishuri...
‘Laboratoire’ yo mu mujyi wa Sydney muri Australia yabwiye abantu babarirwa mu magana ko nta Covid yabasanzemo nyamara barayanduye, mu gihe ubwandu burimo kwiyongera cyane...