Umugabo uyobora akarere n’umushoferi we batawe muri yombi mu butayu (ubugaragwa mu Kirundi) bwo mu majyaruguru ya Niger bafite ibiro (kg) birenga 200 by’ikiyobyabwenge cya...
Perezida w’Ubufaransa Emmanuel Macron yaburiye ko ashaka gutuma abadakingiye Covid-19 bo mu Bufaransa bagorwa n’ubuzima. Yabwiye ikinyamakuru Le Parisien cyo mu Bufaransa ati: “Rwose ndashaka...
Ubuyobozi bwIintara y’Amajyepfo bwatangaje ko burimo gukorana bya hafi n’izindi nzego mu gukemura ikibazo cy’imigenderanire hagati y’Akarere ka Muhanga na Gakenke mu Majyaryguru, ni nyuma...
Abagabo bitwaje imbunda bagerageje kwica Minisitiri w’intebe wa Haïti Ariel Henry ubwo ku wa gatandatu yari yitabiriye ibirori byo kwizihiza ubwigenge bw’iki gihugu cyo mu...
Ikigo cy’igihugu cy’ibarurishamibare mu Rwanda (NISR), giherutse gushyira ku mugaragaro ubushakashatsi cyakoze ku mibereho y’abaturage mu mwaka wa 2020-2021, Intara y’Amajyaruguru iza ku isonga mu...
Muri iyi ndirimbo ‘Rukundo rwanjye ruto’ iri kuri album ye nshya, umuhanzikazi Adele yazamuye amarangamutima ya benshi mu bafana be, aho aririmba aganira n’ umuhungu...
Twitter yahagaritse konti bwite ya Depite wo muri Amerika Marjorie Taylor Greene kubera gukomeza guhonyora amategeko yayo abuza gukwirakwiza ku bushake amakuru atari ukuri kuri...
Abatuye mu Mirenge y’Akarere ka Rubavu ikora ku mupaka w’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bavuze ko bashimira uko umutekano ubungabunzwe iwabo bakaba...