Col Mamady Doumbouya wayoboye agatsiko k’abasirikare bafashe ubutegetsi muri Guinea ararahira nka perezida w’inzibacyuho kuri uyu wa gatanu. Imihango irabera ku ngoro ya perezida kandi...
Radio TV10 dukesha iyi nkuru ivuga ko Rutahizamu w’ikipe y’igihugu “Amavubi” na APR FC, Byiringiro Lague, bivugwa ko afite imyaka 21, yasezeranye imbere y’amategeko n’umukunzi...
Hari imiryango 17 y’abaturage batujwe mu Mudugudu w’icyitegererezo wa Nyabikiri mu Murenge wa Kabarore mu karere ka Gatsibo, bavuga ko mu kuhimurirwa bagombaga guhabwa aho...
Abajenerali babiri b’Amerika bo ku rwego rwo hejuru bavuze ko bagiye inama yo kugumisha abasirikare 2,500 muri Afghanistan, mbere yuko Amerika ikura ingabo zayo zose...
Benshi batangariye banashima umukobwa umwe gusa witabiriye irushanwa rya Triathlon mu kiciro cy’abagore, ryabereye mu mujyi wa Butare mu karere ka Huye muri weekend ishize,...
Mu byumweru birenga bitanu, abantu hafi 12 bagiriwe nabi na R. Kelly bahagaze mu rukiko rw’i New York bavuga birambuye ibyaha no gufatwa nabi bakorewe...
Taliki ya 28/9/2021 ni umunsi Mpuzamahanga wahariwe kuzirikana ku Indwara y’ibisazi by’imbwa, kuri iyi nshuro insangamatsiko ikaba igira iti ‘Facts not Fear’ ni indwara iterwa...