Rusesabagina yakatiwe agirwa umwere ku byaha bimwe na nimwe
Urugereko rwihariye rw’Urukiko Rukuru ruburanisha Ibyaha Mpuzamahanga n’Ibyambukiranya Imipaka mu Rwanda rwakatiye  Paul Rusesabagina igifungo cy’ imyaka 25, naho Callixte Nsabimana alias Sankara wari umuvugizi...