Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rugaragaza ko hagati ya 2019 – 2024, abakurikiranyweho ibyaha by’ingengabitekerezo ya Jenoside n’ibyaha bifitanye isano na yo bangana na 17% bafite...
Ihuriro ry’ abikorera mu gukusanya ingufu z’amashanyarazi (EPD Rwanda), hamwe na BK Foundation bashyize umukono ku masezerano y’imyaka itatu yo gufasha imiryango 141 kubona amashanyarazi...
Mu Karere ka Nyagatare hari abahinzi n’abarozi bavuga ko gahunda ya ‘Tekana Urishingiye Muhinzi Mworozi’ yatumye bakora ubuhinzi n’ubworozi batikanga ibihombo. Kuva mu mwaka wa...
Umwe mu bajandarume batanu b’Abatutsi babaga mu kigo cya Jandarumori i Nyanza, yavuze ko Biguma ari mu batangaga amabwiriza yo kwica Abatutsi kandi ko yajyaga...
Abahinzi n’aborozi bo mu Karere ka Bugesera bavuga ko gahunda y’ubwishingizi bw’ibihingwa n’amatungo ifite nkunganire ya Leta ingana na 40% yabashyize igorora kuko yatumye bakora...
AstraZeneca’s presence in South Africa has become a driving force in global health research, contributing significantly to respiratory, cardiovascular, and oncology therapeutic areas. The pharmaceutical...
Abinyujije ku rukuta rwa X, Perezida Paul Kagame yashimiye Donald Trump watorewe kuyobora Leta Zunze Ubumwe za Amerika, avuga ko u Rwanda n’Abanyarwanda bishimiye iyi...