Ingabo za Amerika na OTAN bigeze aho ziva muri Afghanistani nyuma y’imyaka 20 y’intambara. Abatalibani, bari baje kunesha, bo barimo kugenda bafata vuba vuba uturere...
Bamwe mu batuye mu Mujyi wa Gisenyi no mu nkengero zawo bangirijwe ibyabo n’imitingito yakurikiye iruka ry’Ikirunga cya Nyiragongo bavuga ko nta bushobozi bafite bwo...
Perezida wa Tanzania, Samia Suluhu Hassan yageze i Bujumbura mu Burundi kuri uyu wa Gatanu tariki 16 Nyakanga 2021, aho agiye kugirira uruzinduko rw’iminsi ibiri....
Umupolisikazi wo muri Kenya wari umaze igihe ashakishwa aregwa kurasa akica abagabo babiri bamusanze yapfuye mu rugo rw’ababyeyi be. George Natembeya, umutegetsi wo mu ntara...
Bwa mbere, WhatsApp iri kugerageza uburyo buzatuma abantu bayikoresha nubwo baba badafite telephone zabo. Ubusanzwe, WhatsApp igomba kuba iri kuri telephone yawe. Uburyo bundi bwo...
Mu Misiri abagore bari kumena inkuta zo guceceka ku ihohoterwa rishingiye ku gitsina. Ubu haravugwa cyane kurwanya gufata abagore ku ngufu mu ngo zabo, ikintu...
Pasiteri Nkurikiye Emmanuel wo mu Itorero Inkuru Nziza aracyekwaho icyaha cyo gusambanya umwana w’umukobwa wo mu Murenge wa Gitega mu Karere ka Nyarugenge. Tariki ya ...
Umugabo w’Umushinwa yongeye guhuzwa n’umuhungu we nyuma y’imyaka 24 amushakisha aho yagenze 5.000.000km mu Bushinwa ari kuri moto amushakisha. Umwana w’umuhungu wa Guo Gangtang yashimuswe...