Jacob Zuma wahoze ari Perezida w’Afurika y’epfo yishyikirije polisi ngo atangire igifungo yakatiwe kubera gusuzugura urukiko. Ku wa gatatu nijoro ni bwo yerekeje kuri gereza...
Itariki 06 z’ukwa karindwi buri mwaka abantu ku isi bizihiza umunsi mpuzamahanga wo gusomana, igikorwa inzobere zivuga ko ari ingenzi mu buzima. Ni umunsi wizihijwe...
Mu Murenge wa Jabana mu Karere ka Ngoma mu Ntara y’Uburasirazuba, mu gitondo cya tariki 05 Nyakanga 2021, umwarimu witwa Nsengiyumva Mathias wari ufite imyaka...
Urwego rw’Igihugu rushinzwe Ubugenzacyaha ‘RIB’ kuri uyu wa 6 /7/2021 rwatangaje ko rwafunze Hakuzimana Valens, Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Muhondo mu Karere ka Gakenke n’abandi...
Sena ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo yambuye ubudahangarwa Augustin Matata Ponyo Mapon wahoze ari Minisitiri w’intebe, ngo bitume ashobora gukurikiranwa mu maperereza ku inyerezwa...