Ikipe ya Rutsiro Fc ibifashijwemo na Ndarusanze Jean Claude yahaye isomo rya ruhago Rayon Sports ikomeje gutenguha abakunzi bayo nyuma yo gutsindwa na APR FC...
Urukiko rukuru i Nyanza mu majyepfo y’u Rwanda rwategetse ko urubanza rwa Yvonne Idamange ruburanishirizwa mu muhezo, we yahise yihana (yanga) inteko y’abacamanza yategetse ibi....
Ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye hari abantu bakomeje kwifuza ko gufungira abantu muri za kasho byahagarikwa muri ibi bihe icyorezo cya Covid-19 gikomeje gufata indi ntera,...
Indege bwite yari iya Muammar Khadafi wabaye umukuru wa Libya yaguye mu murwa mukuru Tripoli nyuma y’imyaka hafi 10 ibitswe kandi yitabwaho mu Bufaransa, nk’uko...
Ibi byabaye kuri iki cyumweru tariki ya 20 Kamena 2021, mu mudugudu wa Nyarubuye, akagari ka Karenge Umurenge wa Kabarore. Umuyobozi w’akarere ka Gatsibo Gasana...
Umwe mu bakinnyi b’ikipe y’igihugu ya Uganda yitabiriye imikino ya Olympiques yabaye uwa mbere basanzemo Covid-19 ageze mu Buyapani muri iyo mikino iteganyijwe gutangira ku...
Israel yavuze ko amahanga akwiye kugira impungenge zikomeye kubera itorwa rya Ebrahim Raisi nka Perezida mushya wa Iran. Lior Haiat, umuvugizi wa minisiteri y’ububanyi n’amahanga...
Nyuma y’ifoto yacicikanye ku mbuga nkoranyambaga igaragaza umubyeyi wari kuri moto ahetse umwana anagana, umumotari wari umuhetse ubu ari mu maboko ya RIB akurikiranyweho ubufatanyacyaha...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, Joe Biden, abinyujije ku mbuga nkoranyamba zitandukanye yatangaje ko umuryango we ufite agahinda gakomeye kubera urupfu rw’imbwa ye ‘Champ’...
Umunyarwenya Anne Kansiime yavuze uko yambitswe impeta n’umukunzi we Skylanta amusaba kumubera umugore nyuma yo ‘kumurakaza’,gusa yahise abimwemerera. Aba bombi baheruka kubyarana umwana w’umuhungu. Kansiime...