Besides the 61 per cent of the country’s parliamentary seats being occupied by women, the report also ranked Rwanda as the sixth country with women...
Bamwe mu baturage batuye mu karere ka Rubavu mu Murenge wa Busasamana bavuga ko mu myaka yashize kwivuza byari ingorabahizi kuko bakoraga urugendo rw’amasaha asaga...
Umunyamabanga uhoraho muri Minisiteri y’Ingabo, Gen. Maj Bayingana Emmanuel yagaragarije urubyiruko ruturutse mu bihugu 13, ko ibyasaga n’ibidashoboka byakozwe n’Inkotanyi byatumye u Rwanda rwongera kugira...
Abashimuse abapadiri babiri bo muri Kiliziya Gatolika ku wa gatanu mu majyaruguru ya Nigeria basabye ingwate nyinshi cyane, nkuko bivugwa n’umukuru w’ishyirahamwe ry’amadini ya gikristu...
Perezida w’Amerika Joe Biden avuga ko yakomoje ku iyicwa ry’umunyamakuru Jamal Khashoggi, mu nama yagiranye n’igikomangoma cya Saudi Arabia (Arabie Saoudite) Mohammed bin Salman. Biden...
Mu Karere ka Huye bamwe mu bahinzi ba Kawa bafite impungenge ko Kawea bagiye gusazura zizera barashaje, izi mpungenge ariko bamwe mu bahinzi bagaragaza ko...
Abagizi ba nabi bataramenyekana, biraye mu rutoki rw’ushinzwe umutekano mu Mudugudu wa Rutambi, mu Kagali ka Kabuhenje, mu Murenge wa Kivumu ,mu Karere ka Rutsiro,...
Guverinoma yatanze amezi 3 ku bacuruza ibikoresho by’amashanyarazi cyangwa iby’ikoranabuhanga yo kuba bamaze kubisabira uruhushya. Ibi ni ibikubiye mu mabwiriza mashya agenga ubucuruzi bw’ibikoresho by’amashanyarazi...