Itangazo ryatanzwe na Minisiteri y’Urubyiruko n’Umuco ku wa mbere tariki 9 Gicurasi 2022, rivuga ko Irushanwa rya Miss Rwanda ryabaye rihagaritswe mu gihe hagikorwa iperereza...
Mu Rukiko rwa Rubanda rw’I Paris mu Bufaransa hatangiye urubanza rw’Umunyarwanda Laurent Bucyibaruta wari  Perefe wa Perefegitura ya Gikongoro mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi...
BBC yatangaje ko Mizero Ncuti Gatwa azasimbura Jodie Whittaker nk’umukinnyi mukuru mu ruhererekane rwa filime Doctor Who rwo kuri televiziyo. Gatwa, w’imyaka 29, abaye uwa...
Miss Burundi 2022 Kelly Ngaruko avuga ko atewe “icyubahiro [iteka]” no kuba yambaye ikamba rya Nyampinga w’igihugu, kandi ko ashimiye buri muntu wese wamushyigikiye “ntibagiwe...
Bamporiki Edouard wahoze ari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Urubyiruko n’Umuco, yemeye ko yakiriye ‘indonke’ asaba imbabazi Perezida Kagame. Uyu mugabo wahagaritswe ku mirimo ndetse...
Umupira Diego Maradona yari yambaye atsinda igitego cy”Akaboko k’Imana’, n’ikiratwa nk”igitego cy’ikinyejana’, ubwo Argentina yatsindaga Ubwongereza mu mukino w’igikombe cy’isi mu 1986, wagurishijwe muri cyamunara...
Manchester City yahuye na kumwe mu guhirima gukaze kubayeho kugeza ubu mu mateka ya Champions League, ubwo Real Madrid yayigaranzuraga ivuye mu manga, igakatisha itike...