Image default
Ubukungu

BNR yazamuye igipimo cy’inyungu igurizaho amabanki y’ubucuruzi n’ibigo by’imari iciriritse

Banki Nkuru y’u Rwanda yazamuye igipimo cy’inyungu igurizaho amabanki y’ubucuruzi n’ibigo by’imari iciriritse kiva kuri 4,5% kigera kuri 5%. Bigamije kuyifasha guhangana n’ikibazo cy’izamuka ry’ibiciro ku isoko gishobora kugera ku 8% mu mpera za 2022.

Banki Nkuru y’u Rwanda “BNR” yatangaje ko “Mu nama yayo ngarukagihembwe yateranye 15-02-2022, Komite ishinzwe Politiki y’ifaranga muri BNR yazamuye igipimo cy’inyungu fatizo ya BNR ho iby’ijana 50 igera kuri 5% ivuye kuri 4.5%, mu rwego rwo gukumira izamuka rikabije ry’ibiciro ku isoko kandi n’izahuka ry’ubukungu rigakomeza gushyigikirwa.”

Related posts

leta ibereyemo abaturage ideni rigera muri miliyari17 FRW

EDITORIAL

Uko agaciro k’ifaranga ry’u Rwanda kifashe ku isoko ry’ivunjisha

EDITORIAL

Miliyoni 27 za kawa zimaze imyaka 30 zidasazurwa

EDITORIAL

Leave a Comment

Skip to toolbar