Image default
Ubukungu

BNR yazamuye igipimo cy’inyungu igurizaho amabanki y’ubucuruzi n’ibigo by’imari iciriritse

Banki Nkuru y’u Rwanda yazamuye igipimo cy’inyungu igurizaho amabanki y’ubucuruzi n’ibigo by’imari iciriritse kiva kuri 4,5% kigera kuri 5%. Bigamije kuyifasha guhangana n’ikibazo cy’izamuka ry’ibiciro ku isoko gishobora kugera ku 8% mu mpera za 2022.

Banki Nkuru y’u Rwanda “BNR” yatangaje ko “Mu nama yayo ngarukagihembwe yateranye 15-02-2022, Komite ishinzwe Politiki y’ifaranga muri BNR yazamuye igipimo cy’inyungu fatizo ya BNR ho iby’ijana 50 igera kuri 5% ivuye kuri 4.5%, mu rwego rwo gukumira izamuka rikabije ry’ibiciro ku isoko kandi n’izahuka ry’ubukungu rigakomeza gushyigikirwa.”

Related posts

Gare ya Nyabugogo igiye kugirwa isoko

Emma-marie

USAID Hinga Weze yateye abahinzi inkunga ya miliyoni 114 Frw

Emma-marie

Ikiguzi ku ihererekanya ry’amafaranga hagati ya konti ya Banki n’iya MoMo cyavuyeho

EDITORIAL

Leave a Comment

Skip to toolbar