Umuyobozi wa OMS yagaragaje uburyo ibibazo by’abazungu bititabwaho kimwe n’iby’abirabura
Umukuru w’ishami ry’umuryango w’abibumbye ryita ku buzima (OMS/WHO) avuga ko isi itita mu buryo bungana ku bibazo bikomeye byihutirwa byibasira abirabura n’abazungu. Tedros Adhanom Ghebreyesus...