Abategetsi mu Bushinwa barimo kugerageza gusembura imvura ngo igwe mu bice byo hagati no mu majyepfo ashyira uburengerazuba kubera amapfa akabije n’ubushyuhe bwageze ku bipimo...
Perezida wa Komisiyo y’amatora ya Kenya yatangaje ko William Ruto ari we watsinze amatora ya perezida n’amajwi 50.49%. Abakomiseri bane(4) kuri barindwi(7) ba komisiyo y’amatora,...
Umwe mu bacuruzi bakomeye cyane muri Ukraine hamwe n’umugore we biciwe mu gitero “gikaze” cy’ibisasu cy’Uburusiya ku mujyi wo mu majyepfo wa Mykolaiv. Oleksiy Vadatursky,...
Abatuye muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo biganjemo urubyiruko bariye karungu barifuza ko ingabo za MONUSCO zibavira mu Gihugu bakicungira umutekano. Mu mpera z’icyumweru gishize...
Umukuru w’ubutasi bw’Ubwongereza bwo mu mahanga avuga ko Uburusiya buzagorwa no gukomeza igikorwa cya gisirikare cyabwo kandi ko Ukraine ishobora kuba yabugarukana (yabwigaranzura). Umukuru wa...
Abashimuse abapadiri babiri bo muri Kiliziya Gatolika ku wa gatanu mu majyaruguru ya Nigeria basabye ingwate nyinshi cyane, nkuko bivugwa n’umukuru w’ishyirahamwe ry’amadini ya gikristu...
Perezida w’Amerika Joe Biden avuga ko yakomoje ku iyicwa ry’umunyamakuru Jamal Khashoggi, mu nama yagiranye n’igikomangoma cya Saudi Arabia (Arabie Saoudite) Mohammed bin Salman. Biden...