Perezida w’Uburusiya Vladimir Putin yategetse igisirikare cye kureka gahunda yo kwirara mu ruganda rutunganya ibyuma rwa Azovstal ruri mu mujyi wa Mariupol wo ku cyambu...
Inyeshyamba za Maï-Maï zateje impagarara ubwo zinjiraga mu misa ya Pasika ahitwa Bunyuka muri teritwari ya Beni mu ntara ya Kivu ya ruguru, hagakurikiraho imirwano,...
Inyeshyamba za M23 zatangaje ku cyumweru ko zisubiye inyuma zikava mu duce tw’akarere ka Rutshuru zari zarigaruriye mu mirwano yo mu minsi ishize. Gusa ibi...
Amakuru avuga ko umukuru w’ubutasi bwa gisirikare bw’Ubufaransa Jenerali Eric Vidaud yatakaje akazi ke nyuma yo kunanirwa guteganya ko Uburusiya bwari gushoza intambara muri Ukraine....
Hashize igihe hahwihwiswa byinshi ku byo Uburusiya bushaka mu biganiro by’amahoro, byatangiye kuri uyu wa kabiri mu mujyi wa Istanbul muri Turukiya. Nkuko byatangajwe n’ikinyamakuru The...
Imirwano ikomeye hagati y’ingabo za leta ya Congo, FARDC n’inyeshyamba za M23 yabaye kuwa mbere mu gicuku mu gace kegereye umupaka wa Uganda n’u Rwanda...