Emmanuel Macron wahabwaga amahirwe yongeye gutorerwa kuba perezida w’Ubufaransa atsinze mucyeba we Marine Le Pen, ahita atangaza ko ari Perezida wa bose kandi ko agiye...
Kuri iki cyumweru abatora mu Bufaransa barimo guhitamo niba baha indi manda y’imyaka itanu Emmanuel Macron, w’ibitekerezo biri hagati na hagati, cyangwa kumusimbuza umuhezanguni ukomeye...
Muri Afghanistani, igisasu cyaturikije umusigiti, gihitana abantu barenga 30 mu mujyi wa Kunduz, mu majyaruguru y’igihugu. Igisasu cyaturitse mu gihe abantu bari mu isengesho ryo...
Perezida w’Uburusiya Vladimir Putin yategetse igisirikare cye kureka gahunda yo kwirara mu ruganda rutunganya ibyuma rwa Azovstal ruri mu mujyi wa Mariupol wo ku cyambu...
Inyeshyamba za Maï-Maï zateje impagarara ubwo zinjiraga mu misa ya Pasika ahitwa Bunyuka muri teritwari ya Beni mu ntara ya Kivu ya ruguru, hagakurikiraho imirwano,...
Inyeshyamba za M23 zatangaje ku cyumweru ko zisubiye inyuma zikava mu duce tw’akarere ka Rutshuru zari zarigaruriye mu mirwano yo mu minsi ishize. Gusa ibi...