Mayor w’umujyi wa Toronto muri Canada yeguye mu buryo butunguranye nyuma yo kwemera ko yagize umubano w’ibanga n’umwe mu bahoze ari abakozi mu biro by’umujyi....
Ababyeyi b’abanyeshuri bakina Football y’Abanyamerika ku ishuri ryisumbuye muri leta ya Texas barakajwe n’imyitozo ikabije yahawe abana babo igatuma bashyirwa mu bitaro. Aba banyeshuri bahatiwe...
Ku nshuro ya mbere mu myaka 60 ishize umubare w’abaturage b’Ubushinwa wagabanutse, ugera ku kigereranyo gito kurusha ibindi cyababayeho, 6.77 babyara ku bagore 1,000.  ...
Igisasu cy’igicurano cyishe abantu barenga 10 gikomeretsa benshi mu bari mu rusengero kuri iki cyumweru mu mujyi wa Kasindi mu ntara ya Kivu ya ruguru...
Ana Montes uri mu ntasi zizwi cyane zo mu ntambara y’ubutita wafatiwe muri Amerika yarekuwe ava muri gereza nyuma y’imyaka irenga 20 afunze.  Ana...
Perezida wa Tanzaniya, Samia Suluhu Hassan, yakomoreye amashyaka ya politiki mu bijyanye na mitingi, zari zaciwe n’uwo yasimbuye. Perezida Hassan yabivugiye mu ngoro ya Leta,...
Nyuma yo gutangaza ko azaba umukandida perezida mu matora yo mu Ukuboza 2023, Moïse Katumbi yabaye ikiganiro mu mpande zose za DR Congo kuva abitangaje...