Inzobere mu birebana n’ubuzima bwo mu mutwe ziravuga ko iyo ibibazo byo mu mutwe bikurikiranywe hakiri kare, aribyo birinda abantu kugira uburwayi bwo mu mutwe...
Amabwiriza avuguruye ajyanye n’ingamba zo kwirinda icyorezo cya Covid-19 yashyizwe ku mugaragaro n’Ibiro bya Minisitiri w’Intebe kuri uyu wa mbere tariki 20/12/2021, agaragaza ko kujya...
Mu gihe imibare igaragaraza ko mu Rwanda abantu basaga ibihumbi 200 bafata imiti igabanya ubukana bw’agakoko gatera SIDA, Minisiteri y’Ubuzima iratangaza ko u Rwanda rwihaye...
Mu gihe isi yose ihangayikishijwe n’ubwoko bushya bwa Covid19, Minisitiri w’Ubuzima Dr Daniel Ngamije arasaba abantu kwitabira gahunda yo kwikingiza kuko ari bumwe mu buryo...
Muri Gare ya Nyabugogo n’iya Nyarugenge(DownTown) mu Karere ka Nyarugenge, Gare ya Kimironko, Remera na Nyanza mu Karere ka Kicukiro kuri uyu wa kabiri tariki...
Muri iki cyumweru cyahariwe ubuzima bw’umubyeyi n’umwana, abantu barenga miliyoni 11 barimo n’abakuze bazahabwa ikinini cy’inzoka. Iyi ngo ni indwara ihangayikishije haba mu bana n’abakuze...