Mu 2030 u Rwanda ruzaba rwamaze guhashya burundu icyorezo cya SIDA-Minisante
Mu gihe imibare igaragaraza ko mu Rwanda abantu basaga ibihumbi 200 bafata imiti igabanya ubukana bw’agakoko gatera SIDA, Minisiteri y’Ubuzima iratangaza ko u Rwanda rwihaye...