Mu gihe imibare igaragaraza ko mu Rwanda abantu basaga ibihumbi 200 bafata imiti igabanya ubukana bw’agakoko gatera SIDA, Minisiteri y’Ubuzima iratangaza ko u Rwanda rwihaye...
Mu gihe isi yose ihangayikishijwe n’ubwoko bushya bwa Covid19, Minisitiri w’Ubuzima Dr Daniel Ngamije arasaba abantu kwitabira gahunda yo kwikingiza kuko ari bumwe mu buryo...
Muri Gare ya Nyabugogo n’iya Nyarugenge(DownTown) mu Karere ka Nyarugenge, Gare ya Kimironko, Remera na Nyanza mu Karere ka Kicukiro kuri uyu wa kabiri tariki...
Muri iki cyumweru cyahariwe ubuzima bw’umubyeyi n’umwana, abantu barenga miliyoni 11 barimo n’abakuze bazahabwa ikinini cy’inzoka. Iyi ngo ni indwara ihangayikishije haba mu bana n’abakuze...
Bamwe mu babyarira mu bigo nderabuzima baravuga ko kubera ubuke bw’ababyaza, bakunze kubura serivisi cyane cyane mu masaha y’ijoro, bakaba basaba ko umubare w’abakora ako...
Gukora imibonano mpuzabitsina byibuze rimwe mu cyumweru byongera iminsi yo kubaho ariko kandi kuyihagarika cyangwa se kutayikora ku mpamvu izo ari zo zose kandi ufite...