Ishami ry’umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima OMS ryatangaje ko umugabane w’Afurika uza ku isonga mu kugira umubare munini w’abantu bapfa biyahuye. Umugabane wa Afrika bivugwa...
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’ubuzima Dr Mpunga Tharcisse yavuze ko imisanzu y’ubwisungane mu kwivuza mituelle de santé abaturage batanga idahagije, ariyo mpamvu hari serivise...
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Buzima, ryatangaje ko indwara ya monkeypox ari ikibazo gihangayikishije Isi. Uyu mwanzuro wafatiwe mu gusoza inama ya kabiri ya komite idasanzwe ya...
Bamwe mu baturage batuye mu karere ka Rubavu mu Murenge wa Busasamana bavuga ko mu myaka yashize kwivuza byari ingorabahizi kuko bakoraga urugendo rw’amasaha asaga...
Imwe mu mpamvu idakekwa ariko nyamara ikomeje kuba nyirabazana ya kanseri ifata mu muhogo ni imibonano mpuzabitsina ikorerwa mu kanwa cyangwa se gukoresha ururimi mu...