Image default
Utuntu n'utundi

Imbuga nkoranyamba zimeze nk’ifarashi ishobora kukuyobya cyangwa ikakuyobora

Imbuga nkoranyamanga zikoreshejwe neza zigirira akamaro uzikoresha, ariko kandi iyo uzikoresha nabi zikugiraho ingaruka zitandukanye ku buzima bwawe ndetse no mu mitekerereze. Kugirango ubyumve neza, menya ko imbuga nkoranyambaga ziimeze nko kugendera ku ifarashi ifite imbaraga nyinshi, ishobora kukuyobya cyangwa  ikakuyobora.

“Hari igihe njya ku mbuga nkoranyambaga nibwira ko ndi bumare iminota mike, ngashiduka mazeho amasaha! sinzi niba navuga ko zangize imbaga, ariko nanone numva zifite rukuruzi.”

Ibi ni ibyavuzwe n’umwe mu baganiriye na IRIBA NEWS.

Social Media Marketing Will Take Your Brand to The Next Level

Imbuga nkoranyambaga zibata abantu, kubera ko abazikora ari yo ntego baba bafite. Baba basobanukiwe ko uko urubuga rwa interineti rukundwa n’abantu benshi ari na ko barumaraho igihe kirekire. Ibyo bituma abarwamamazaho baba benshi kandi bakishyura amafaranga menshi.

Ibaze uti: ‘Ese incuro nyinshi nkunda gutakaza igihe nkoresha imbuga nkoranyambaga? Ese icyo gihe sinagikoresha nkora ibindi bintu bimfitiye akamaro?’

Icyo wakora

Jya wishyiriraho igihe ntarengwa ugomba kumara ku mbuga nkoranyambaga, kandi ucyubahirize.

iriba.news@gmil.com

 

Related posts

Ibintu 10 byagufasha kuryoherwa n’ubuzima buciriritse kandi ukanyurwa

EDITORIAL

“Urushako rwo kuri social media rurakanyagwa”

EDITORIAL

Nigeria: Leta ya Kaduna yemeje gushahura abafashe abagore ku ngufu

Emma-marie

Leave a Comment

Skip to toolbar