Hagati ya saa kumi n’ebyiri n’igice na saa moya zo kuri uyu wa 19 /8/2021, imodoka yo mu bwoko bwa Hiace irahiye irakongoka mu muhanda uva kuri ‘Petite Barrière’ mu Mujyi wa Rubavu nta muntu n’umwe uhiriyemo, Polisi ishinzwe kuzimya inkongi yahise ihagoboka.
Iyi nkuru turacyayikurikirana….
Noël NK.