Ni inshingano zacu twese kurerera abana mu muryango tukabarinda ihohoterwa iryo ariryo ryose-Min Bayisenge
Uyu munsi tariki ya 16 Kamena, u Rwanda rwifatanyije n’ibindi bihugu bigize Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu kwizihiza Umunsi w’Umwana w’Umunyafurika hazirikanwa iyi nsanganyamatsiko:’ Malayika...