Image default
Abantu

Umuraperi Jay Polly mu batawe muri yombi

Mu gitondo cyo kuri uyu wa 25 Mata 2021, Polisi y’u Rwanda yeretse itangazamakuru abarimo Umuraperi Jay Polly n’abandi bantu 11 batawe muri yombi barenze ku mabwiriza yo kurwanya icyorezo cya Covid-19. Aho bafatiwe i Kibagabaga mu Mujyi wa Kigali.

Aba bantu kandi ngo bafashwe bakoresha ibiyobyabwenge birimo urumogi n’imiti yongera akanyabugabo mu gukora imibonano mpuzabitsina izwi ku izina rya ‘Puturi’.

Bakaba banafatanywe ibyangombwa by’ibihimbano byemeza ko bipimishije Covid-19. Umuganga wabibahaye nawe akaba yatawe muri yombi.

Iriba.news@gmail.com

 

 

Related posts

Gatsibo: Urujijo ku munyeshuri bivugwa ko yakubiswe n’umwarimu akajya muri koma (coma)

Emma-marie

Musanze: Hari abaforomo batanyuzwe n’uburyo bahagaritswe mu kazi

EDITORIAL

Hari abavuga ko abatandukanye n’abo bashakanye badakwiye kugishwa inama cyangwa guhabwa inshingano

EDITORIAL

Leave a Comment

Skip to toolbar