Image default
Abantu

Umuraperi Jay Polly mu batawe muri yombi

Mu gitondo cyo kuri uyu wa 25 Mata 2021, Polisi y’u Rwanda yeretse itangazamakuru abarimo Umuraperi Jay Polly n’abandi bantu 11 batawe muri yombi barenze ku mabwiriza yo kurwanya icyorezo cya Covid-19. Aho bafatiwe i Kibagabaga mu Mujyi wa Kigali.

Aba bantu kandi ngo bafashwe bakoresha ibiyobyabwenge birimo urumogi n’imiti yongera akanyabugabo mu gukora imibonano mpuzabitsina izwi ku izina rya ‘Puturi’.

Bakaba banafatanywe ibyangombwa by’ibihimbano byemeza ko bipimishije Covid-19. Umuganga wabibahaye nawe akaba yatawe muri yombi.

Iriba.news@gmail.com

 

 

Related posts

Rubavu: Umukuru w’umudugudu aracyekwaho kumena ubugabo bw’umunyerondo

EDITORIAL

I Nyamasheke hari umusore ufite impano itangaje mu gushushanya

EDITORIAL

Nyagatare: Uherutse gufata umugore we asambana basanze amanitse mu mugozi

EDITORIAL

Leave a Comment

Skip to toolbar