Ba maneko b’i Burayi n’Amerika barashaka kwinjira mu mutwe wa Putin bakamenya icyo atekereza
Perezida w’Uburusiya Vladimir Putin yaheze mu isi ifunze yishyizemo, nkuko byemezwa na ba maneko b’i Burayi n’Amerika. Kandi ibyo birabahangayikishije bakaba bavuga ko bashaka kwinjira...