Image default
Abantu

Umunyamakuru Cyuzuzo Jeanne D’arc yavuze ‘Yego’

Cyuzuzo Jeanne D’Arc, Umunyamakuru wa KISS FM, unakora ikiganiro ‘Ishya; gica kuri Televiziyo Rwanda yabwiye umukunzi we Thierry Eric Niyigaba ‘Yego’ amwemerera ko azamubera umugore.

Ku mugoroba wo kuri iki cyumweru tariki 5/12/2021 nibwo Cyuzuzo Jeanne D’Arc yabwiye ‘Yego’ umukunzi we, nyuma y’iminsi bari mu rukundo ruzira amakemwa nk’uko inshuti zabo za bugufi zabihamirije IRIBA NEWS.

Amafoto anogeye ijisho akomeje guhererekanwa n’inshuti zaba bombi ku mbuga nkoranyambaga, agaragaza Cyuzuzo na Thierry  bafite akanyamuneza barebana akana ko mujisho, indi ibagaragaza bagwanye mu byano hakaba n’indi igaragaza Cyuzuzo afite indabo  mu ntoki.

Igihe ubukwe bwabo buzabera ntikiratangazwa.

IRIBA.NEWS@gmail.com

 

Related posts

Rutsiro: Uwimana ucyekwaho kwica umugore we yatawe muri yombi

EDITORIAL

Aracyekwaho kwiyitirira Umupolisikazi agashaka kwambura rubanda

EDITORIAL

Abagore batatu bishwe barasiwe mu kabari bashavuje benshi

EDITORIAL

Leave a Comment

Skip to toolbar