Image default
Amakuru

RDF na RNP ku butaka bwa Mozambique

Nyuma y’ubusaba bwa Leta ya Mozambique, Leta y’u Rwanda yatangaje ko guhera kuri uyu wa Gatanu, iratangira kohereza Abasirikare  n’Abapolisi b’u Rwanda 1000 mu Ntara ya Cabo Delgado imaze igihe ifite ibibazo by’umutekano muke.

Ibikorwa bya Guverinoma y’u Rwanda byo koherezayo ingabo muri iki gihugu bije nyuma y’ubusabe bwa Perezida wa Mozambique, Filipe Nyusi, wagiriye uruzinduko mu Rwanda muri Mata.

Image

Cabo Delgado ni intara iri mu Majyaruguru ya Mozambique, ituwe n’abaturage barenga miliyoni ebyiri bari ku buso bwa kilometero kare 82.625. Iri ku mupaka wa Tanzania ndetse ituwe n’abaturage bo mu bwoko bw’aba- Makonde, Makua na Mwani.

Iriba.news@gmail.com

Related posts

The 25 Cheapest Places To Travel This Summer

Emma-marie

Mu minsi iri imbere bizashoboka gukoresha Whatsapp udafite telephone

EDITORIAL

Kigali: Iminsi itatu yo kugenzura urugo ku rundi abatarikingije Covid-19

EDITORIAL

Leave a Comment

Skip to toolbar