Image default
Mu mahanga

Abacyekwaho kumena amabanga y’igisirikare batawe muri yombi

Polisi ya Koreya y’epfo ivuga ko yataye muri yombi abantu babiri bacyekwaho kumena amabanga ya gisirikare bayaha umuntu byemezwa ko ari maneko wa Koreya ya ruguru.

Polisi ivuga ko umuyobozi mukuru w’ibyo guhererekanya amafaranga yo mu ikoranabuhanga – azwi nka cryptocurrency – hamwe n’umusirikare bamennye amabanga ajyanye n’amakuru yo kwinjira muri mudasobwa (login details) y’ubuyobozi bukuru bw’ingabo za Koreya y’epfo.

Bashinjwa kuba ibyo barabiherewe amafaranga menshi.

Koreya ya ruguru na Koreya y’epfo bifitanye umubano mubi kuva byarwana mu ntambara yo guhera mu mwaka wa 1950 kugeza mu mwaka wa 1953.

Koreya ya ruguru na Koreya y’epfo bifitanye umubano mubi kuva byarwana mu ntambara yo guhera mu mwaka wa 1950 kugeza mu mwaka wa 1953.

Koreya ya ruguru na Koreya y’epfo bifitanye umubano mubi kuva byarwana mu ntambara yo guhera mu mwaka wa 1950 kugeza mu mwaka wa 1953.

@BBC

Related posts

RDC: Umusirikare yishe 13 barimo abagore n’abana

EDITORIAL

Canada:Abicwa n’ubushyuhe bukabije bakomeje kwiyongera

EDITORIAL

Etiyopiya: Igihembo gikomeye ku muntu uzatanga amakuru ku muyobozi w’Intara ya Tigre

Emma-marie

Leave a Comment

Skip to toolbar