Image default
Amakuru

Abajya muri Resitora no mu Nsengero bagomba kuba barikingije Covid-19 mu buryo bwuzuye

Itangazo ryasohowe n’Ibiro bya Minisitiri w’Intebe rikubiyemo ingamba nshya zigamije gukumira ikwirakwira ry’icyorezo cya COVID-19, imwe mu ngamba irimo ivuga ko abajya muri za Resitora zo mu Mujyi wa Kigali ndetse n’Imijyi yunganira Kigali bagomba kuba barikingije Covid-19 mu buryo bwuzuye.

Image

Izo ngamba ziratangira kubahirizwa mu gihugu hose guhera ku wa Mbere tariki ya 20 Ukuboza 2021, muri zo ngamba zafashwe harimo kuba ingendo zibujijwe guhera saa yine z’ijoro kugeza saa kumi za mu gitondo.

Image

Related posts

Uko wafasha abana kudaterwa ubwoba n’ibyo babona mu makuru

EDITORIAL

Uburyo bushya bwo kurinda abana Malaria buratanga icyizere

EDITORIAL

Intwari twizihiza, ni Abanyarwanda bagaragaje kwitangira u Rwanda batizigama-Perezida Kagame

Ndahiriwe Jean Bosco

Leave a Comment

Skip to toolbar