Image default
Amakuru

Abajya muri Resitora no mu Nsengero bagomba kuba barikingije Covid-19 mu buryo bwuzuye

Itangazo ryasohowe n’Ibiro bya Minisitiri w’Intebe rikubiyemo ingamba nshya zigamije gukumira ikwirakwira ry’icyorezo cya COVID-19, imwe mu ngamba irimo ivuga ko abajya muri za Resitora zo mu Mujyi wa Kigali ndetse n’Imijyi yunganira Kigali bagomba kuba barikingije Covid-19 mu buryo bwuzuye.

Image

Izo ngamba ziratangira kubahirizwa mu gihugu hose guhera ku wa Mbere tariki ya 20 Ukuboza 2021, muri zo ngamba zafashwe harimo kuba ingendo zibujijwe guhera saa yine z’ijoro kugeza saa kumi za mu gitondo.

Image

Related posts

Perezida Kagame yifurije Ingabo z’u Rwanda umwaka mushya muhire wa 2021

Emma-marie

Kigali: Abantu 20 bafatiwe muri Hotel bagiye kwivura amavunane

Emma-marie

Paul Muvunyi arafunze

Emma-marie

Leave a Comment

Skip to toolbar