Micomyiza Jean Pual bakundaga kwita ‘Mico’ yoherejwe mu Rwanda na Suède kugira ngo akurikiranwe n’ubutabera bw’u Rwanda ku byaha bya Jenoside akekwaho ko yakoreye mu...
Inama y’ubutegetsi ya Twitter yemeye ko Elon Musk ayigura kuri miliyari $44. Musk, umunyafrika y’epfo ufite ubwenegihugu bwa Amerika na Canada yatanze iki giciro cy’umurengera...
Bamwe mu baforomo bakoreraga mu bigo nderabuzima byo mu Karere ka Musanze, muri gahunda zijyanye no gukingira icyorezo cya Covid-19, bavuga ko bahangayikishijwe no kuba...
Dusabimana Charlotte w’imyaka 35 y’amavuko wo mu Murenge wa Kigoma mu Karere ka Huye yishwe n’umugabo we amukubise ifuni mu mutwe amuziza ibihumbi 10 Frw....
Emmanuel Macron wahabwaga amahirwe yongeye gutorerwa kuba perezida w’Ubufaransa atsinze mucyeba we Marine Le Pen, ahita atangaza ko ari Perezida wa bose kandi ko agiye...
Kuri iki cyumweru abatora mu Bufaransa barimo guhitamo niba baha indi manda y’imyaka itanu Emmanuel Macron, w’ibitekerezo biri hagati na hagati, cyangwa kumusimbuza umuhezanguni ukomeye...
Muri Afghanistani, igisasu cyaturikije umusigiti, gihitana abantu barenga 30 mu mujyi wa Kunduz, mu majyaruguru y’igihugu. Igisasu cyaturitse mu gihe abantu bari mu isengesho ryo...