Muri Afghanistani, igisasu cyaturikije umusigiti, gihitana abantu barenga 30 mu mujyi wa Kunduz, mu majyaruguru y’igihugu. Igisasu cyaturitse mu gihe abantu bari mu isengesho ryo...
Abahanga mu buvuzi basabye abantu bose kurushaho kwisuzumisha indwara z’umwijima hakiri kare kuko bigera no kuri cancer y’umwijima, ndetse kugeza ubu serivisi zirebana n’ubuvuzi bw’iyi...
Perezida Paul Kagame yihanganishije abaturage ba Kenya n’Umuryango wa nyakwigendera Mwai Kibaki wayoboye iki gihugu, witabye Imana kuri uyu wa Gatanu azize uburwayi. Perezida wa...
Ibihugu bitanu biri mu bigize Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba byiyemeje ko hagomba koherezwa ingabo zihuriweho z’akarere gufasha kugarura amahoro no kurwanya imitwe ihungabanya umutekano muri...
Perezida w’Uburusiya Vladimir Putin yategetse igisirikare cye kureka gahunda yo kwirara mu ruganda rutunganya ibyuma rwa Azovstal ruri mu mujyi wa Mariupol wo ku cyambu...
Indege ya RwandAir WB464 yerekeza ku Kibuga cy’Indege Mpuzamahanga cya Entebbe yaguye igitaraganya ahatarabugenewe nyuma yo kugira ikibazo cyatewe n’ikirere. Nyuma yo kubona ko ikirere...
Cristiano Ronaldo ukinira Manchester United hamwe n’umukunzi we Georgina Rodriguez batangaje urupfu rw’umwana wabo w’umuhungu, bavuga ko ari wo “mubabaro ukomeye cyane umubyeyi wese ashobora...