Mu gihe isi yose ihangayikishijwe n’ubwoko bushya bwa Covid19, Minisitiri w’Ubuzima Dr Daniel Ngamije arasaba abantu kwitabira gahunda yo kwikingiza kuko ari bumwe mu buryo...
Kaminuza yigisha iby’ubukerarugendo mu Rwanda imaze gusinya amasezerano yo kohereza abakozi mu gihugu cya Qatar mu gihe iki gihugu cyitegura kwakira ibikorwa bikomeye nk’igikombe cy’isi...
Ibyo birumvikana nka byendagusetsa cyangwa ikibazo cy’umwana. Ariko ku bahanga muri science iki ni ikintu gikomeye. Mu by’ukuri, niba ku misusire abantu dusa rwose n’inyamaswa...
Mu Karere ka Bugesera mu Murenge wa Rilima haravugwa inka zamaze iminsi itatu zarafungiwe mu isoko ry’Umurenge wa Rilima nyuma yo gufatwa zonnye mu byatsi...
Minisitiri w’intebe wa Ethiopia Abiy Ahmed avuga ko ubu noneho agiye kuyobora ingabo ze ari “ku rubuga rw’imirwano”, muri iki gihe iyi ntambara imaze umwaka...
Minisitiri w’ubuzima w’Ubudage yakoresheje amagambo ya mbere akomeye avuze kugeza ubu mu kuburira ku kamaro ko kwikingiza Covid-19. Mu kiganiro n’abanyamakuru ku wa mbere mu...
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa mbere tariki 22 Ugushyingo 2021 , mu Rukiko rwa Rubanda I Paris mu Bufaransa ‘Cour d’assises’ hatangiye urubanza rwa...