Birashoboka ko iyo tugeze ku bice y’umubiri, ibirenge ari kimwe mu ice bititabwaho cyangwa se ngo bihabwe agaciro kanini, kandi nyamara mu buryo butangaje imiterere...
Inteko ishingamategeko ya Benin yatoye yemeza gukuramo inda ku mpamvu nyinshi, nk’uko byatangajwe na minisiteri y’ubuzima kuwa kane, ihita iba kimwe mu bihugu bicye cyane...
Perezida Joe Biden wa Leta zunze ubumwe za Amerika yavuze ko Amerika yatabara ikarengera Taiwan mu gihe Ubushinwa bwatera iki kirwa, igisa n’intangiriro yo kuva...
Uwahoze ari Perezida w’Amerika Donald Trump yatangaje gahunda yo gutangiza urubuga nkoranyambaga rushya rwitwa TRUTH Social (ukuri ku mbuga nkoranyambaga, ugenekereje mu Kinyarwanda). Yavuze ko...