Umuyobozi mukuru w’a sosiyete ya Facebook akaba ari nawe wayishinze, Mark Zuckerberg, yavuze ko igiye guhindura izina ikitwa Meta mu rwego rwo kuyijyanisha n’icyerekezo cyayo...
Icyamamare mu mukino w’umupira w’amaguru Cristiano Ronaldo yatangaje ko we n’umugore Georgina Rodriguez biteguye kwibaruka Impanga. Ku rukuta rwe rwa Instagram, Ronaldo yashyizeho ifoto we...
Inzobere mu bijyanye n’ubumenyamuntu zigaragaza ko hari amasaha ntarengwa yo gusinziriraho wayarenze bikagira ingaruka ku buzima n’imitekerereze bya muntu. Kuryama kare ni ingenzi mu uzima...
Umuyobozi w’Akarere ka Gakenke, Nzamwita Deogratias, yamennye ibanga yakoresheje kuva mu 1999 ubwo yinjiraga mu buyobozi bw’inzego z’ibanze, avuga ko kutiyandarika no gushyira imbere inyungu...
Kuri uyu wa Gatatu, Minisitiri w’Intebe wungirije akaba na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Bubirigi, Sophie Wilmes yasuye ibitaro bya Nyarugenge biherereye mu Mujyi wa Kigali,...
Niba wibaza uko isi yaba imeze nta WhatsApp, Facebook cyangwa Instagram, ukwiye guhindukira ukagenzura uko ubanye n’iri koranabuhanga. Ushobora kuba uri imbata yaryo. Ibi byarabaye...
Igikomangoma Mako cy’Ubuyapani cyashyingiwe n’umukunzi wacyo Kei Komuro – gihita gitakaza umwanya mu bwami. Mu mategeko y’Ubuyapani, umuntu w’igitsina-gore wo mu muryango wa cyami atakaza...