Umugabo wari waburiwe irengero muri Turkiya yinjiye by’impanuka mu gikorwa cyo kumushakisha, nyuma y’amasaha nibwo yamenye ko ari we nyine bari gushakisha. Ku wa kabiri,...
Col Mamady Doumbouya wayoboye agatsiko k’abasirikare bafashe ubutegetsi muri Guinea ararahira nka perezida w’inzibacyuho kuri uyu wa gatanu. Imihango irabera ku ngoro ya perezida kandi...
Radio TV10 dukesha iyi nkuru ivuga ko Rutahizamu w’ikipe y’igihugu “Amavubi” na APR FC, Byiringiro Lague, bivugwa ko afite imyaka 21, yasezeranye imbere y’amategeko n’umukunzi...
Hari imiryango 17 y’abaturage batujwe mu Mudugudu w’icyitegererezo wa Nyabikiri mu Murenge wa Kabarore mu karere ka Gatsibo, bavuga ko mu kuhimurirwa bagombaga guhabwa aho...