Saadi Gaddafi, umuhungu wa Mouammar Gaddafi wahoze ari Perezida wa Libye, yafunguwe nyuma y’imyaka irindwi mu gihome. Kuri iki cyumweru Minisiteri y’Ubutabera muri Libye yatangaje...
Mu Kiganiro, Perezida Paul Kagame yagiranye, RBA kuri iki cyumweru yavuze ku ngingo zitandukanye zirimo umubano w’u Rwanda n’amahanga, uruganda rukora inkingo rugiye gufungura imiryango...
Ku wa Gatandatu tariki ya 04 Nzeli 2021, Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akagari ka Rugendabari mu Murenge wa Mukarange, Dukuzumuremyi Martin, umuturage yamusanze mu biro aramukubita, amuciraho...
Perezida mushya wa Zambia yabwiye BBC ko yashyikirijwe ikigega cya Leta kirimo ‘ubusa’ mu gihe hari amafaranga ‘ateye ubwoba’ yibwe. Perezida Hakainde Hichilema wagiye ku...
Umuhanzi w’icyamamare mu Rwanda no mu Karere k’Ibiyaga Bigari, Tuyishime Joshua uzwi nka Jay Polly yitabye Imana. Inkuru yizewe igera ku IRIBA NEWS iravuga ko...
Ikigo gishinzwe ubuziranenge bw’ibiribwa n’imiti, Rwanda FDA cyatangaje ko ku bufatanye n’ikigo BioNTech cyo mu Budage, mu 2022 mu Rwanda hazatangira gukorerwa inkingo zirimo iz’igituntu...
Agnes Sithole yabaye intwari ku bagore ibihumbi amagana b’abirabura muri Africa y’Epfo. Ku myaka 72, yareze umugabo we mu rukiko ngo amubuze kugurisha inzu yabo...