Birazwi ko kugira isukari nyinshi mu ifunguro ryawe ari bibi ku buzima, ariko kuyigabanya na byo bishobora kugorana, by’umwihariko kuko bishobora guteza ibimenyetso bitari byiza....
Minisiteri y’ibidukikije yatangaje ko mu bihe biri imbere imwe mu myanda iva mu baturage, izajya igurwa n’amasosiyete ayibyaza umusaruro, mu gihe byari bimenyerewe ko ari...
Shabana Basij-Rasikh washinze ishuri ry’abakobwa gusa, School of Leadership Afghanistan (SOLA), yavuze ko bari mu nzira bimurirwa mu Rwanda, ndetse afite icyizere cy’ubuzima buri imbere...
Guverinoma y’u Rwanda yemeye ubusabe bwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika bwo kwakira by’igihe gito bamwe mu baturage bo muri Afghanistan, barimo guhunga nyuma y’uko...