Minisiteri y’ibidukikije yatangaje ko mu bihe biri imbere imwe mu myanda iva mu baturage, izajya igurwa n’amasosiyete ayibyaza umusaruro, mu gihe byari bimenyerewe ko ari...
Shabana Basij-Rasikh washinze ishuri ry’abakobwa gusa, School of Leadership Afghanistan (SOLA), yavuze ko bari mu nzira bimurirwa mu Rwanda, ndetse afite icyizere cy’ubuzima buri imbere...
Guverinoma y’u Rwanda yemeye ubusabe bwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika bwo kwakira by’igihe gito bamwe mu baturage bo muri Afghanistan, barimo guhunga nyuma y’uko...
Banki Nkuru y’u Rwanda yatangaje ko yakuyeho ikiguzi ku ihererekanya ry’amafaranga hagati ya konti ya Banki n’iya Mobile Moneye by’umuntu umwe. Hari hashize igihe abaturage...
Bamwe bati ‘ibikundanye birajyana’ abandi bati ‘ nzagukunda kugeza ku rupfu’ mu Bufaransa haravugwa inkuru y’umukecuru n’umusaza bari bamaze imyaka 64 babana nk’umugore n’umugabo bapfiriye...