Ubugenzacyaha mu Rwanda (RIB) buvuga ko bufunze umupadiri wa paruwasi ya Rwamagana nyuma y’uko afatanywe amafaranga menshi buvuga ko ari ayibwe. Thierry Murangira, umuvugizi wa...
Muri ba Ofisiye bakuru 32 bahawe impamyabushobozi yo ku rwego rwo hejuru mu miyoborere izwi nka “Senior Command and Staff Course” harimo n’uwahoze ari Umuvugizi...
Uyu munsi kuwa gatanu biteganyijwe ko Perezida w’u Rwanda Paul Kagame ahura na Perezida Félix Tshisekedi wa DR Congo. Ibinyamakuru muri DR Congo biremeza ko...
Umupadiri yatawe muri yombi mu murwa mukuru w’Ubugereki, Athens/Athènes, nyuma yo gutera aside abasenyeri barindwi bo mu idini ya Orthodox. Ibi byabaye igihe uyu mupadiri...
Icyamamare muri muzika Britney Spears yamaganye amasezerano agena se nk’umugenga w’ubuzima bwe n’ibintu bye ubwo yavugiraga mu rukiko i Los Angeles, anahishura ko ayo amusezerano...
Muri iki gitondo Nyiricyubahiro Antoni Karidinali Kambanda yahaye umugisha Chapelle ya Hotel Sainte Famille. Iyi Chapelle ikazafasha abagana iyi Hotel guhura na Yezu maze bakahavana...
Leta ya Tanzania yaraye itangaje ko abakobwa babyaye bari mu kigero cy’imyaka yo kuba bari mu ishuri bashobora kongera gusubira mu ishuri guhera mu mwaka...
Umugabo witwa 28 yitwa Mattia Villardita, akaba yariyemeje gufasha no gusura abana barwariye mu bitaro mu gihugu hose. wisanisha na Spider-Man, wamenyekanye mu mafilimi y’amakabyankuru,...
Ubutumwa bwashyizwe ku rukuta rwa Twitter rw’Umujyi wa Kigali kuri uyu wa 23 Kamena 2021 buragira buti: “Umujyi Kigali wabaye ufunze imihanda itatu mu Biryogo...
Abantu barenga miliyoni eshanu bagiye mu rwego rw’abatunze miliyoni z’amadorari ku isi mu mwaka wa 2020 nubwo habayeho ihungabana ry’ubukungu ritewe n’icyorezo cya Covid-19. Mu...