Umugabo w’imyaka 36 utuye i Rambura mu Kagari ka Nyagasambu mu Murenge wa Fumbwe mu Karere ka Rwamagana yiteye icyuma mu nda aripfumura nyuma y’uko...
Abagabo bane bakurikiranywe bakekwaho kwiba moto mu Mujyi wa Kigali bakazitwara kuzibagira (kuzikuramo ibyuma) mu igaraje ryitwa Niyomana Spare parts ryo mu Karere ka Muhanga...
Padiri Ntiyamira Fidele de Charles wo muri Diyoseze ya Byumba yandikiye umushumba we amumenyesha ko asezeye ku muhamagaro wo kuba padiri ayobotse uwo gushaka. Mu...
Umugabo wo mu Karere ka Gatsibo aratabariza umugore we urwaye igisebe ku myanya ndangagitsina ‘cyafashe ku gitsina no mu mayasha’ ubu akaba arembeye mu Bitaro...