Green Party ntizigera iha irindi shyaka umwanya mu matora ya Perezida wa Repubulika-Video
Dr Frank Habineza wongeye gutorerwa kuba Perezida w’Ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera Ibidukikije {Democratic Green Part}muri manda y’imyaka itanu iri imbere yavuze ko ishyaka ayoboye...