Igikomangoma Harry yavuze ko mukuru we William yamusagariye akamukubira, nk’uko ikinyamakuru Guardian kivuga ko kibikesha igitabo cye, Spare, kiri hafi gusohoka. Guardian ivuga ko...
Ubuyobozi bw’ikipe ya Rayon Sports, bwatangaje ko bubabajwe n’urupfu rutunguranye rwa Uwamariya Joselyne Fannette wayobora Komisiyo Ngenzuzi y’iyi kipe. Nyakwigendera akaba yarigeze no kuba umunyamakuru...
Walter Cunningham umuhanga mu by’isanzure w’umunyamerika wari usigagaye mu bari bagize ubutumwa bwa NASA bwa mbere bwerekanywe burimo kuba kuri television, yapfuye ku myaka 90....
Perezida wa Tanzaniya, Samia Suluhu Hassan, yakomoreye amashyaka ya politiki mu bijyanye na mitingi, zari zaciwe n’uwo yasimbuye. Perezida Hassan yabivugiye mu ngoro ya Leta,...
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yibukije Abanyarwanda ko hasigaye umwaka umwe gusa gahunda ya Guverinoma y’imyaka irindwi (NST1) ikarangira, yongeraho ko hari intambwe ishimishije yatewe...
Papa Benedigito wahoze ari umushumba wa Kiriziya Gatorika “Ararembye”. Umushumba wa kiriziya gatorika, Papa Fransisiko uyu munsi kuwa gatatu, yavuze ko, Papa Benedigito arwaye cyane....
Umuraperi Tory Lanez yahamwe no kurasa mugenzi we icyamamare muri hip-hop Megan Thee Stallion mu 2020. Inteko y’abacamanza i Los Angeles yahamije icyaha uwo munya-Canada...
Leta y’u Rwanda yatangaje ko kuyishinja gufasha inyeshyamba zo muri DR Congo za M23 “atari byo kandi biyobya” ku “mpamvu nyakuri” y’amakimbirane mu burasirazuba bwa...
Abahanga mu by’amateka bo mu Bufaransa bari mu Rwanda, aho baje guhugura abakozi ba Minisiteri y’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu (Minubumwe ) ndetse n’abafatanyabikorwa bayo ku...