Umushinjacyaha mukuru wa Angola Helder Pitta Groz yemeje ko iki gihugu cyatanze impapuro mpuzamahanga zo guta muri yombi Isabel dos Santos umukobwa w’uwahoze ari perezida...
Hoteli yo mu murwa mukuru Mogadishu, aho abategetsi bo muri leta ya Somalia bazwiho kuba bari, yagabweho igitero. Nyuma gato yuko icyo gitero kuri hoteli...
Akarere ka Nyanza katanze moto 64 harimo 51 z’Abanyamabanga Nshingwabikorwa b’utugari na 13 z’Abayobozi ba DASSO. Ibi bikaba ari igisubizo ku kibazo cy’ingendo ndende zatumaga...
Perezida wa Repubulika Paul Kagame avuga ko u Rwanda rwahisemo gushyira umuturage ku isonga kugira ngo rubashe kugera ku byerekezo rugenda rwiha birimo n’icya 2050...
Gusama nyuma y’amezi macye ukuyemo inda ku bw’impanuka cyangwa se ivuyemo ku bushake, ubushakashatsi bwagaragaje ko nta ngaruka zidasanzwe bishobora kugira ku mugore, igihe cyose...
Ubushakashatsi bwamuritswe na Minisiteri y’Ubuzima ku bufatanye na Enabel bwagaragaje ko 30 % by’urubyiruko bari hagati y’imyaka 15 na 24 batazi ko habaho uburyo bwo...