Hari bamwe mu Banyeshuri  bo mu Karere ka Rutsiro bavuga ko baje mu biruhuko, ababyeyi cyangwa imiryango yabo ikabakiriza imirimo bavuga ko ivunanye irimo guhinga,...
Besides the 61 per cent of the country’s parliamentary seats being occupied by women, the report also ranked Rwanda as the sixth country with women...
Bamwe mu baturage batuye mu karere ka Rubavu mu Murenge wa Busasamana bavuga ko mu myaka yashize kwivuza byari ingorabahizi kuko bakoraga urugendo rw’amasaha asaga...
Umunyamabanga uhoraho muri Minisiteri y’Ingabo, Gen. Maj Bayingana Emmanuel yagaragarije urubyiruko ruturutse mu bihugu 13, ko ibyasaga n’ibidashoboka byakozwe n’Inkotanyi byatumye u Rwanda rwongera kugira...
Abashimuse abapadiri babiri bo muri Kiliziya Gatolika ku wa gatanu mu majyaruguru ya Nigeria basabye ingwate nyinshi cyane, nkuko bivugwa n’umukuru w’ishyirahamwe ry’amadini ya gikristu...
Perezida w’Amerika Joe Biden avuga ko yakomoje ku iyicwa ry’umunyamakuru Jamal Khashoggi, mu nama yagiranye n’igikomangoma cya Saudi Arabia (Arabie Saoudite) Mohammed bin Salman. Biden...
Mu Karere ka Huye bamwe mu bahinzi ba Kawa bafite impungenge ko Kawea bagiye gusazura zizera barashaje, izi mpungenge ariko bamwe mu bahinzi bagaragaza ko...