Perezida Kagame yashyize ibuye ry’ifatizo ahazubakwa inzu yiswe ‘Kigali International Finance & Business Square’
Perezida Paul Kagame avuga ko kongera inyubako z’ubucuruzi zigezweho mu Rwanda, ari kimwe mu bizafasha igihugu kugera ku ntego zo gushyiraho urubuga rw’ishoramari n’ubucuruzi mpuzamahanga...