Umuririmbyi Mani Martin agiye kwiga muri University of Virginia muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, mu cyiciro cya gatatu cya kaminuza kizwi nka ‘Master’s degree’....
Mu mihanda y’i Buckingham Palace hatangiye akarasisi k’ingabo zimwe ku mafarashi izindi ku mirongo mu birori bizamara iminsi bya yubile y’imyaka 70 umwamikazi Elizabeth II...
Esperance Hope Ikora ahatanye n’abagabo bane ku mwanya wo guhagararira ishyaka ry’abarepubulikani mu nteko ishingamategeko ya leta ya Iowa muri Amerika, akaba akomoka i Mulenge...
BBC yatangaje ko Mizero Ncuti Gatwa azasimbura Jodie Whittaker nk’umukinnyi mukuru mu ruhererekane rwa filime Doctor Who rwo kuri televiziyo. Gatwa, w’imyaka 29, abaye uwa...
Bamporiki Edouard wahoze ari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Urubyiruko n’Umuco, yemeye ko yakiriye ‘indonke’ asaba imbabazi Perezida Kagame. Uyu mugabo wahagaritswe ku mirimo ndetse...